Akoresheje Ikinyarwanda, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Togo yashimiye Perezida Kagame ‘anagira icyo asaba Abanyarwanda’

Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa Togo, Robert Dussey, yanditse ubutumwa mu Kinyarwanda cyiza  agaragaza uburyo yakiriwe anashima…

“U Rwanda rwiteguye kurinda ubusugire bwarwo” – Minisitiri Biruta

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta yijeje abadepite n’abanyarwanda muri rusange ko mu gihe leta ya…

“U Rwanda rwakuyeho imvugo y’uko ubuhinzi ari ubwo gukorwamo n’abakene” – Dr Ngirente

Ministri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente avuga kimwe mu byo u Rwanda rwakoze, ari ugukuraho imyumvire ko…

Kigali – Brazzaville: Intumwa Perezida Kagame yoherereje mugenzi we N’guesso yatwaye butumwa ki

Perezida Denis Sassou-N’Guesso yakiriye Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta wamushyiriye ubutumwa bwa Perezida…

RD-Congo & Rwanda: Patrick Muyaya yateye Utwatsi ibyo kwikura mu biganiro byari guhuriza Ibihugu byombi muri Qatar

Umuvugizi wa Guverinoma ya Congo, Patrick Muyaya, yahakanye Igihugu cye kitigeze cyikura mu biganiro byari kugihuza…

DR-Congo & Rwanda – M23: Uhuru Kenyatta yasabye ko amasezerano ya Luanda yubahirizwa

Uhuru Kenyatta wahoze ari Perezida wa Kenya akaba n’umuhuza mu bibazo by’umutekano muri Repubulika Iharanira Demukarasi…

Ububanyi n’Amahanga:”Repubulika ya Demokarasi ya Congo ntabwo ishaka ko amahoro agaruka” – Alain Mukuralinda

Nyuma y’uko Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi ku munota wa nyuma atitabiriye…

Rwanda – DR Congo: Perezida Tshisekedi yateye Umugongo Qatar yashakaga kumuhuza na mugenzi we Kagame

Kuri uyu wa Mbere hari hateganyijwe ibiganiro bihuza intumwa z’u Rwanda n’iza Congo by’umwihariko Abakuru b’ibi…

Uganda: General Muhoozi yatuye Miliyoni 5Frw mu Rusengero, ibyafashwe nko kwamamaza Ishyaka yashinze

Umuhungu wa Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatanze ituro rya miliyoni 5Frw,…

USA: Haley yashinjwe kugira iturufu ‘Kushner na Ivanka Trump’ mu gushaka umwanya wa Visi Perezida

Uwahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Amerika, Mike Pompeo, mu gitabo cye yenda gushyira hanze yahishuye…