Rwanda: Abapfa babyara bazava kuri 203 bagere kuri 70 ku Babyeyi 100 000 mu Myaka 6 iri imbere

U Rwanda rwihaye intego yo kugabanya impfu z’ababyeyi bapfa babyara, zikava ku babyeyi 203 ziriho ubu…

Kubera iki Umuti wa Efferalgan wakuwe ku Isoko ry’u Rwanda?

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kugenzura ubuziranenge bw’Imiti n’Ibiribwa, Rwanda FDA, cyahagaritse ubwoko bw’imwe mu miti irimo uwitwa…

$42,000-a-year HIV vaccine trialed in Africa

The manufacturer claims the drug has a 100% prevention rate in women. US biopharmaceutical company Gilead…

Ubushakashatsi: 6500 bakaswe Ubugabo mu Myaka 10 ishize nyuma yo kuburwaraho Kanseri

Mu mwaka wa 2018, João, Umunya-Brazil uri mu kiruhuko cy’izabukuru, yagiye kwivuza nyuma yuko abonye ikibyimba…

Ikigo Mpuzamahanga gishinzwe Inkingo kigiye gushyira Ikicaro gikuru muri Afurika mu Rwanda

Guverinoma y’u Rwanda yasinyanye amasezerano n’Ikigo Mpuzamahanga gishinzwe Inkingo (IVI), yo kwakira icyicaro gikuru cyacyo muri…

Rwanda: 1528 bivuje Indwara batewe no kurya Amafunguro n’Ibinyobwa byanduye mu Mwaka ushize

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubuzima, RBC cyagaragaje ko mu mwaka wa 2023 abaturage 1528 bajyanwe kwa muganga…

Rwanda: 87% by’Abarwayi bakiriwe n’Ibitaro bya Ndera mu 2022-23 basanzwe bafite n’Ikibazo cy’Imitekerereze

Imibare y’umwaka wa 2022-2023 igaragaza ko ibitaro bya Ndera byakiriye abarwayi 95 773 bagana ibitaro, kandi…

Karongi: Hari Amadini atambamira abayoboke bashaka kwipimisha Kanseri y’Inkondo y’Umura

Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Karongi bavuze ko imyumvire ikiri hasi n’inyigisho z’amwe mu…

Gicumbi: Abaturage bo mu Murenge wa Kaniga bahawe Ikigo Nderabuzima

Abaturage bo mu Karere ka Gicumbi bishimiye gutaha Ikigo Nderabuzima cya Mulindi kiri mu Murenge wa…

MINISANTE yasinye amasezerano azafasha u Rwanda kubona Imashini zigezweho zikenerwa kwa Muganga

Minisiteri y’Ubuzima itangaza ko bitarenze uyu mwaka u Rwanda ruzaba rwasinyanye amasezerano n’inganda zikomeye ku Isi…