Umutangabuhamya yashinje “Micomyiza” gushaka kumutema mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi

Urubanza rwa Micomyiza Jean Paul ukurikiranyweho ibyaha bya jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, rwakomeje…

Ububiligi: Ntakigaragaza ko Nkunduwimye uregwa uruhare mu Jenoside yakorewe Abatutsi yaba afite ikibazo cy’imitekerereze

Urubanza rwa Emmanuel Nkunduwimye ukurikiranweho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, rwakomereje mu Rukiko rwa Rubanda…

USA: Ukekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi yacakiwe

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zataye muri yombi Umunyarwanda Eric Nshimiye wari umaze imyaka…

Ishami ry’Urukiko Mpanabyaba Mpuzamahanga rwashyiriweho u Rwanda rigiye gufunga

Abakurikirira hafi imikorere y’Inkiko mpuzamahanga basanga urugereko rwashyiriweho kurangiza imanza zasizwe n’Urukiko Mpanabyaba Mpuzamahanga rwashyiriweho u…

Kazungu Denis yemereye Urukiko Ibyaha byose aregwa

Kazungu Denis yemeye ibyaha byose aregwa ubwo umucamanza yari atangiye iburanisha mu rubanza rwe. Uyu mugabo…

Afashe Bibiliya mu Kiganza, Umuvugabutumwa “Nibishaka Theogène” yatakambiye Urukiko arusaba kuburana adafunze

Nibishaka Theogène, Uvuga ko ari Umuvugabutumwa mu Itorero rya ADEPR, yasabye Urukiko kuburana adafunze. Imbere y’Urukiko,…

Ubwongereza: Umunyarwanda ukekwaho gukora Jenoside yakorewe Abatutsi yacakiwe

I Gateshead mu Bwongereza, hafatiwe Umugabo w’Umunyarwanda ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994…

Urubanza rwa Micomyiza:“Mu gihe cya Jenoside yashinze Bariyeri yamwitiriwe” – Umutangabuhamya

Urugereko rwihariye rw’Urukiko rukuru rushinzwe kuburanisha Ibyaha mpuzamahanga rukorera i Nyanza mu Ntara y’Amajyepfo y’u Rwanda,…

Rwanda: Urukiko rw’Ikirenga rwateye Utwatsi Ikirego cy’Umunyamategeko wareze RIB

Urukiko rw’Ikirenga rwashimangiye ko urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rufite uburenganzira bwo gusaka umuntu ukekwaho icyaha cyangwa…

Duhugurane: Menya igishingirwaho RIB isaka ititwaje Urupapuro rw’Urukiko

Nyuma y’iminsi hari ukutuvugwaho rumwe ku bubasha Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rufite mu gihe rusaka umuntu,…