Ikigo cy’igihugu gishinzwe kohereza mu mahanga ibikomoka k’ubuhinzi n’ubworozi, NAEB kigaragaza ko ibiciro ku masoko mpuzamahanga…
Ubuhinzi
Impuguke mu Buhinzi zagaragaje ko kubushoramo imari ihagije aricyo gisubizo cyo gukemura ibura ry’Ibiribwa
Impuguke mu bijyanye no kongera umusaruro w’ibiribwa ku isi bari mu nteko rusange ya 78 y’Umuryango…
Rusizi: Abahinzi b’Umuceri mu Kibaya cya Bugarama basabye ko Hegitari 400 zipfa ubusa zatunganywa
Mu kibaya cya Bugarama mu Karere ka Rusizi hari hegitari zirenga 400 zakabaye zihingwaho umuceri nyamara…
Rwanda: Minisitiri Musafiri yasabye inzego z’Ubuhinzi gukoresha neza ingengo y’Imari bahabwa
Inzego zifite aho zihuriye n’ubuhinzi n’ubworozi mu Rwanda zirasabwa gukora iyo bwabaga mu guhuza amakuru kugira…
Rwanda: Hagiye gushyirwaho Integanyanyigisho zihariye mu rwego rwo gukemura ibibazo biri mu rwego rw’Ubuhinzi n’Ubworozi
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) ibinyujije mu Kigo gishinzwe iterambere ry’Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB) yatangaje ko bagiye gushyiraho…
Rwanda:”Mubyaze umusaruro Imishinga Leta ishoramo Imari”, MINAGRI ibwira Abahinzi n’Aborozi
Abitabiriye imurikabikorwa ry’ubuhinzi n’ubworozi ribaye ku nshuro ya 16 bavuga ko ikoranabuhanaga n’udushya byagaragaye muri iri…
Abahinzi b’Umuceri mu Ntara y’Amajyepfo bishyiriyeho Ikigo cy’Imari kibaguriza nta mananiza
Abanyamuryango b’Ihuriro ry’Amakoperative ahinga umuceri ahahoze ari muri Perefegitura ya Butare (UCORIBU), bishimira kubona inguzanyo mu…
Gisagara: Yashinjwe guhombya Koperative Coproriz-Nyiramageni
Abanyamuryango ba Koperative ihinga Umuceri mu Karere ka Gisagara yitwa Coproriz-Nyiramageni, batangaje ko Koperative yabo ifite…
Rulindo: Koperative y’Abahinzi b’Icyayi ‘ASSOPTHE’ irishimira Imyaka 50 imaze ishinzwe
Koperative y’abahinzi b’icyayi ASSOPTHE iherereye mu Karere ka Rulindo mu Ntara y’Amajyaruguru, imaze imyaka 50 ishinze…
Nyaruguru: Abakorera Ubuhinzi bw’Ibirayi mu Gishanga barataka ibura ry’Imbuto
Abahinzi baturiye Ibishanga byateganyirijwe guhingwamo Ibirayi baravuga ko Imbuto yabaye nkeya. Bamwe muri aba, harimo abaturiye Igishanga…