Rusizi: Umunyeshuri wigaga muri Groupe Scolaire St Bruno yasanzwe mu Mugozi yapfuye ‘harakekwa kwiyahura’

Umukobwa uri mu kigero cy’imyaka 18 wigaga ku Rwunge rw’Amashuri rwa Mutagatifu Bruno (GS St Bruno)…

Nyuma yo kubabaza Umusore, Urukiko rwamutegetse kumuha  Impozamarira

Urukiko rwo mu gihugu cya Uganda, rwanzuye ko umukobwa yishyura impozamarira umusore bari bemeranyije kubana akaza…

“Mugaruke mukemure ibibazo mwasize muteje hagati y’u Rwanda na DR-Congo” – Min Biruta

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’ubutwererane, Dr. Vincent Biruta yatangaje ko abakoloni bagize uruhare mu gukqta imipaka ihuza…

Ingabo zidasanzwe za Amerika zahitanye Umuyobozi wa Islamic State muri Somalia

Leta zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko ingabo zo mu mutwe udasanzwe (special forces) zishe Bilal…

Akoresheje Ikinyarwanda, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Togo yashimiye Perezida Kagame ‘anagira icyo asaba Abanyarwanda’

Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa Togo, Robert Dussey, yanditse ubutumwa mu Kinyarwanda cyiza  agaragaza uburyo yakiriwe anashima…

Kigali – Brazzaville: Intumwa Perezida Kagame yoherereje mugenzi we N’guesso yatwaye butumwa ki

Perezida Denis Sassou-N’Guesso yakiriye Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta wamushyiriye ubutumwa bwa Perezida…

Ubutabera: Uwahoze akuriye akanama k’Amasoko mu Karere ka Nyaruguru yikomye abarimo Guverineri Habitegeko mu Rubanza

Urukiko rukuru urugereko rwa Nyanza rwakomeje kuburanisha uwahoze ashinzwe ubuzima mu karere ka Nyaruguru, akaba yari…

RD-Congo & Rwanda: Patrick Muyaya yateye Utwatsi ibyo kwikura mu biganiro byari guhuriza Ibihugu byombi muri Qatar

Umuvugizi wa Guverinoma ya Congo, Patrick Muyaya, yahakanye Igihugu cye kitigeze cyikura mu biganiro byari kugihuza…

Rwanda: Umugororwa yatorotse Gereza iri mu zirinzwe cyane mu gihugu

Umugororwa ukomoka mu karere ka Gisagara wari ukatiwe igihano cy’igifungo cya burundu yatorotse gereza ya Nyanza,…

Gakenke: Nyuma yo kwigamba guhitana ‘Nyirabukwe’ yatawe muri Yombi

Havugimana Sylvestre w’imyaka 32 usanzwe ari umwarimu ku ishuri ribanza rya Kangomba riherereye mu Murenge wa…