Rwanda: Amavuriro 8 akoresha uburyo bwa Gakondo yafunzwe

Minisiteri y’Ubuzima yafunze amavuriro 8 avura mu buryo bwa Gakondo, itangazo ry’iyi Minisiteri riravuga ko amwe…

U Rwanda ruri mu bihugu bihagaze neza ku Isi mu gufasha abafite Virusi itera Sida

Abafite virusi itera SIDA baravuga ko ingamba zafashwe mu kwita ku banduye iki cyorezo no gukumira…

Rwanda: MINISANTE yahagurukiye gukemura ibibazo biri mu rwego rw’Abaforomo n’Ababyaza

Nyuma y’ibibazo bya hato na hato bimaze igihe bivugwa mu rwego rw’Urugaga rw’Abaforomo, Abaforomokazi n’Ababyaza mu…

Rwanda: Abacuruza Imiti batabifitiye uburenganzira baburiwe

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubugenzuzi bw’ibiribwa n’imiti, Rwanda FDA kiraburira Abanyarwanda ko bitemewe gucuruza imiti utabiherewe uburenganzira. …

Rwanda: Urubyiruko rwihariye 70% by’abafite ibibazo by’Ubuzima bwo mu Mutwe

70% by’abafite ibibazo by’ubuzima bwo mu mutwe mu Rwanda, ni urubyiruko kandi abenshi muri rwo bibatangira bakiri…

Gakenke: 30% by’abafata Imiti igabanya ubukana bwa Virusi itera SIDA bagizwe n’Urubyiruko

Ubuyobozi bw’Ibitaro by’Akarere bya Nemba biherereye mu Karere ka Gakenke buvuga ko 30% barwayi bafata imiti…

Rubavu: Abivuriza mu Bitaro bya Gisenyi babangamiwe na Serivisi mbi kubera ubuke bw’Abaganga

Bamwe mu barwayi n’abivuriza mu Bitaro bya Gisenyi binubira kumara umwanya munini bategereje kubonana na muganga…

Rwanda: Ibitaro bya Butaro bifite Inyubako nshya

Abaturage bivuriza mu Bitaro bya Butaro mu Karere ka Burera mu Ntara y’Amajyaruguru y’u Rwanda, batangaje…

Rwanda: Iterambere ry’Ubuvuzi bugezweho ryavunnye amaguru abajyaga kubushakira i Mahanga

Abakora mu nzego z’ubuzima bemeza ko bashingiye ku mavugurura arimo gukorwa agamije kubaka ubushobozi no gushaka…

U Rwanda rugeze he Urugendo rwo gukora Inkingo?

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatanze integuza ko mu gihe kitarambiranye izatangaza aho gahunda yo gukorera Inkingo mu…