Musanze: Abafite Imyaka iri hagati ya 30-49 bagiye gusuzumwa Kanseri y’Inkondo y’Umura

Abari n’abategarugori bo mu Karere ka Musanze, barashishikarizwa kwitabira kwisuzumisha ku buntu kanseri y’ibere n’iy’inkondo y’umura,…

Abitabiriye Inama Mpuzamahanga ku guhashya Malaria basangijwe uko u Rwanda rwayihangamuye

Abitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku guhashya Indwara ya Malaria bagaragaje ko kugira ngo Umugabane wa Afurika…

OMS yemeje Urukingo ruvuguruye rwa Korera

Ishami rya ONU ryita ku buzima OMS, ryemeje urukingo ruheruka kuvugururwa rw’indwara ya korera rushobora gufasha…

Rwanda: Umubare w’Abaganga bavura Kanseri umaze kwiyongera

Abaganga bavura indwara za Kanseri, abashakashatsi ndetse n’abandi bafatanyabikorwa mu buzima bavuga ko ari ingenzi gufata…

Rwanda: Abafite Ubwishingizi burimo na RAMA bandikirwa Imiti Farumasi ntiziyibahe

Hari abaturage bivuriza kuri mituweli na RAMA biganjemo abafite indwara zidakira, bavuga ko bakomerewe no kuba…

Abasenateri basabye Ibitaro bya Nyarugenge kunozwa imitangire ya serivise

Abagize itsinda ry’Abasenateri bari muri Komisiyo y’imibereho y’abaturage n’uburenganzira bwa muntu muri Sena, basuye ibitaro by’Akarere…

Duhugurane: Kubera iki hari Abagore “bacura” bataragera ku Myaka fatizo

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS), rigaragaza ko abagore batangira gucura imbyaro hagati y’imyaka 45…

Rwanda: Mu 2030 hazakenerwa Miliyari 52 Frw zo kwita ku buzima bw’abafite Ubumuga

Leta y’u Rwanda ikenera miliyari 7,5 Frw buri mwaka mu kwita ku buzima bw’abafite ubumuga ndetse…

U Rwanda rwaguze Imashini ipima ubwo bwose bwa Kanseri

Leta y’u Rwanda yaguze imashini igezweho izwi nka “Dx Flex” ipima kanseri zose ziganjemo n’iyo mu…

Rwanda:“Ni Ibicurane cyangwa ni Covid-19”, Ukuri kuri Giripe yugarije Abanyakigali

Ikigo k’Igihugu gishinzwe ubuzima (RBC), cyamaze impungenge abamaze iminsi bumva ibihuha bikwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga ko…