Ngoma:Yafashwe agiye gukwirakwiza ibihumbi 93 by’amafaranga y’amiganano

Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’izindi nzego z’umutekano n’abaturage mu karere ka Ngoma, ku wa Kane tariki…

Akarere ka Gakenke kahize utundi ubwo hasozwaga ‘Urugerero rw’Inkomezamihigo’ ku rwego rw’Igihugu, abageze mu Zabukuru bashima imiyoborere ya Perezida Kagame

Akarere ka Gakenke ho mu Ntara y’Amajyaruguru y’Igihugu niko hari kakiriye umuhango wo gusoza Urugerero rw’Inkomezamihigo…

Karongi: Batatu bibye umucuruzi 981,100 Frw bafatwa bamaze kurya 132,300 Frw

Polisi y’u Rwanda yafatanye abasore batatu amafaranga y’u Rwanda 848,800 mu bihumbi 981,100 bakekwaho kwiba umucuruzi…

Uganda: Ba Demobe basabwe gusubira mu Kazi bakajya guhashya Inyeshyamba muri Somaliya

Igisirikare cya Uganda cyasabye abahoze ari Abasirikare bagera 3.000 bafite imyaka iri munsi ya 55 kugaruka…

Herekanywe uburyo abavuga Ikinyarwanda muri DR-Congo bakomeje kwicwa

Umuryango uharanira ubutabera ku bagizweho ingaruka n’ubwicanyi mu Ntara za Kivu zombi na Ituri muri  Repubulika…

Mutobo: Abahoze muri FDLR basabye abakiri mu Mashyamba ya DR-Congo gushyira Intwaro hasi

Abahoze ari abarwanyi ba FDLR barenga 70 baherutse gutahuka mu Rwanda bakaba barimo guhabwa amasomo mu…

Rwanda: SENA yemeje Umushinga wo kohererezanya abanyabyaha hagati y’u Rwanda na Mozambique

Inteko rusange Sena yemeje inatora ishingiro ry’imishinga 2 y’amategeko yemera kwemeza burundu amasezerano yo kohererezanya abakurikiranweho…

Kigali: Urukiko rwagize Umwere Dr Christopher Kayumba nyuma y’Umwaka n’igice muri Gereza

Umucamanza mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge yatesheje agaciro ikirego cy’ubushinjacyaha ategeka ko Umwalimu muri Kaminuza kaba…

Rwanda: SENA yagaragaje ko hakiri abasaba akazi bakabanza gukopezwa Ibizamini

Inteko rusange ya Sena yemeje raporo ku isuzumwa rya raporo y’ibikorwa  bya komisiyo y’igihugu y’abakozi ba…

Musanze: Hari Uburwayi bw’Ingurube butaramenyekana bumaze guhitana izisaga 250

Aborozi b’ingurube n’abacuruzi bazo mu Karere ka Musanze barasaba inzego zibishinzwe guhagurukira ikibazo cy’uburwayi bw’ingurube bukomeje…