Hagiye gushyirwaho Amabwiriza agenga Ubuziranenge buhiriweho mu Bucuruzi bw’Afurika 

Intumwa zo mu bihugu bitanu bya Afurika zihagarariye ibice bitanu by’uyu mugabane (Uburasirazuba, Uburengerazuba, Amajyepfo, Amajyaruguru…

Ruhango: Minisitiri Musabyimana yasabye kunoza ibikorwa by’iterambere birangwa muri aka Karere

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Musabyimana Jean Claude ari hamwe na Minisitiri w’Umutekano Gasana Alpfred, basuye Akarere ka…

Rwanda: Kongera ingano y’imisoro imikino y’amahirwe yatangaga bigiye gukoreshwa mu rwego gukurukiranira hafi ubu bucuruzi

Mu Rwanda hagiye kujyaho politiki y’imikino y’amahirwe irimo amavugurura yo kongera imisoro n’ubugenzuzi bwihariye, hagamijwe kurengera…

Rwanda: NIRDA n’abafatanyabikorwa bayo batangaje ko bavugutiye Umuti ikibazo cya Kawunga

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubushakashatsi n’Iterambere mu byerekeye Inganda, NIRDA ku bufatanye n’Ikigo gitanga ubufasha mu gukusanya amakuru…

Rwanda: Ibiciro by’ibikomoka kuri Peteroli byongeye kumanuka, Leta yizeza ko izakora ibishoboka byose bigakomeza kujya hasi

Leta y’u Rwanda iravuga ko izakora ibishoboka byose ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli bigakomeza kugabanuka, kandi bikajyana…

IMF/FMI yatangaje ko ubukungu bw’Isi buzazamuka ku kigero cya 2.9% muri uyu Mwaka

Ikigega Mpuzamahanga cy’imari (IMF) cyatangaje ko muri uyu mwaka ubukungu bw’Isi buzazamuka cyane ku gipimo kirenze…

Ikoranabuhanga mu itangwa rya Serivise rirakataje muri BPR Plc

Banki ya BPR Bank Rwanda Plc irakataje mw’ikoranabuhanga, aho yavuguruye iryifashishwa mu gutanga serivisi zayo z’imari,…

“Ubucuruzi bwambukiranya Imipaka bwiyongereye kurusha mbere ya COVID19” – Rwanda Revenue Authority

Ikigo cy’imisoro n’amahoro cyagaragaje ko ubucuruzi bwambukiranya imipaka bwiyongereye kurusha uko byari bimeze mbere y’icyorezo cya…

MINALOC na PSF biyemeje gukorera hamwe mu rugamba  rwo kugabanya umubare w’abafite ubukene bukabije no guhanga imirimo

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu n’Urugaga rw’Abikorera PSF, barateganya gushyiraho komite ihuza impande zombi mu rwego rwo kurebera…

Rwanda:”Haracyari icyuho cyo kubona Amafaranga akenewe mu guhangana n’Imihindagurikire y’Ibihe” – Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Dr Uzziel Ndagijimana yagaragaje ko hakiri icyuho mu kubona amafaranga ahagije ashorwa mu…