Home – THEUPDATE

Nyuma yo kwisengerera Gicumbi FC, abafana b’Amagaju bayisabye kuzamuka mu Kiciro cya 1 bakajya bakira Rayon Sports na Gasogi United

“Turashaka Rayon Sports na Gasogi”, iyi niyo yari intero y’Abafana b’Amagaju FC, nyuma yo gustinda Gicumbi…

Nyuma y’Iminsi 3 aburiwe irengero, yasanzwe mu Ngona

Ku wa Gatandatu w’Icyumweru gishize, Umugabo w’Umunya-Australia yaburiwe irengero ubwo yari mu gikorwa cyo kuroba na…

Ubufatanye bwa EPRN na UNICEF bwagaragaje ko abana bakwiye kugira uruhare mu Igenamigambi

Akenshi iyo igihugu gikora igenamigambi ry’igihe runaka, cyibanda ku bizakorwa n’abazabigiramo uruhare n’uburyo bizagerwaho ariko ugasanga…

Zahabu yihariye 71,5% by’Amabuye y’agaciro u Rwanda rwacuruje mu Mezi 3 ashize 

U Rwanda rwacuruje Amabuye y’agaciro ahwanye na Miliyari zirenga 247Frw mu Mezi Atatu, Zabahu yiharira 71.5%…

Rwanda: MINAGRI yijeje abahinzi b’Ibirayi Imbuto yujuje ubuziranenge mu rwego rwo kongera Umusaruro

Ibura ry’imbuto y’ibirayi yujuje ubuziranenge ni kimwe mu byo Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi igiye guhagurukira, mu rwego…

Ubwikorezi: Ku bufatanye na Qatar Airways, RwandAir yakiriye Indege ya 2 itwara Imizigo

Sosiyete y’u Rwanda y’Ubwikorezi bwo mu Kirere bw’Abantu n’Ibintu, RwandAir, ikomeje kuba ubukombe. Kuri ubu, ku…

Kwibuka29: Hasabwe ko amazina y’amafoto y’abakoze Jenoside ku Mayaga byashyirwa mu Nzu y’amateka bakaba Ikimenyabose

Abarokokeye ahazwi nko ku Mayaga mu Ntara y’Amajyepfo basabye ko amazina n’amafoto by’abakoze Jenoside yakorewe Abatutsi…

Miliyari 5030 Frw zizakoreshwa mu ngengo y’Imari y’u Rwanda mu Mwaka w’i 2023/24

U Rwanda rurateganya kuzakoresha Ingengo y’imari igera kuri miliyari 5030 Frw mu mwaka wa 2023/2024, menya…

Rwanda: Perezida Kagame yafashe mu Mugongo imiryango yaburiye ababo mu Biza byatewe n’Imvura idasanzwe

Kuri uyu wa Gatatu tariki 03 Gicurasi 2023, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yafashe…

Volleyball: APR y’abagore irimbanyije imyitozo y’injyanamuntu mbere yo kwerekeza muri Shampiyona y’Afurika

Ikipe ya APR Volleyball Club y’abagore n’umutoza wayo Florien Siborurema, barimbanyije imyitozo mbere yo guhaguruka i Kigali…