Intara y’Amajyepfo yateguye Irushanwa ry’abageze mu Zabukuru

Intara y’Amajyepfo iherereye mu Majyepfo y’u Rwanda, yandikiye Uturere 8 tuyigize idutumira mu irushanwa ry’umupira w’amapira…

Umushyikirano 18: Perezida Kagame yagarutse ku mpamvu zatumye Burera iba iya nyuma mu Mihigo

Perezida Paul Kagame yavuze ko zimwe mu mpamvu akeka zatumye Akarere ka Burera kaba aka nyuma…

Umushyikirano 18: Ukwiyongera kw’Imyaka y’Uburame y’Abanyarwanda byashimishije Perezida Kagame 

Perezida Paul Kagame yashimye intambwe ikomeye igihugu kimaze gutera mu myaka hafi 30 ishize, kuko usubije…

Umushyikirano 18:”Umusaruro mbumbe w’u Rwanda uzakomeza kuzamuka ugere kuri 6,2%” – Dr Ngirente

Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente yatangaje ko ingamba zo guhangana n’icyorezo cya COVID-19 mu rwego rw’ubuzima…

Abanyarwanda barenze Miliyoni 13, abatuye mu Mijyi barenga 27% ‘ibyavuye mu Ibarura rusange rya 5’

Ibarura rusange rya NISR ryagaragaje ko Abanyarwanda barenze miliyoni 13. Imibare mishya yakusanyijwe mu ibarura rusange…

Rwanda: Ni iki abaturage biteze mu Nama y’Umushyikirano igiye kuba ku nshuro ya 18

Abaturage baragaragaza ko Inama y’Igihugu y’Umushyikirano bayitezeho inyungu nyinshi zirimo no kubonera umuti ibibazo bibangamiye imibereho…

Rwanda: Uturere twashyize mu bikorwa Ingengo y’Imari munsi ya 50% tugiye kugenzurwa

Abagize Inteko Ishinga Amategeko baravuga ko hagiye gukorwa ubugenzuzi bwihariye, kugira ngo harebwe impamvu zatumye hari…

Kigali: Abakora Ubucuruzi butemewe basabwe gukorera mu Masoko bashyiriweho

Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda ku bufatanye n’Umujyi wa Kigali basabye abakora ubucuruzi mu buryo butemewe n’amategeko buzwi…

Ubwizigame bw’Abanyamuryango ba EjoHeza bwageze kuri Miliyari 41 Frw

Ubwizigame bw’abagannye EjoHeza bwageze kuri Miliyari 41 Frw nyuma y’Imyaka Itanu itangijwe. Ikigo cy’Ubwiteganyirize mu Rwanda…

Rwanda: Minisitiri Dr Nsabimana yahaswe ibibazo n’Abadepite ku bibazo bikiri mu kubona Ibyangombwa byo kubaka

Kuri uyu wa Kabiri, Abadepite bahase ibibazo Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr. Nsabimana Ernest bijyanye n’igihombo bavuga ko…