U Rwanda rwasabwe kubaka Ubukungu bushingiye ku Ishoramari ry’Abikorera

Banki y’Isi ishami ry’u Rwanda, yamuritse raporo ya 22 ku ishusho y’ubukungu bw’u Rwanda.

Iyi raporo igaragaza ko Igihugu gikwiriye kubaka imiterere y’Ubukungu bushingiye ku Ishoramari ry’Abikorera aho kuba ubukungu buyobowe n’Ishoramari rya Leta.

Ivuga ko biri mu rwego rwo guteza imbere urwego rw’abikorera no ku gabanyiriza leta umuzigo wo gusohora amafaranga menshi.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *