Home – THEUPDATE

France confirm Herve Renard appointment following Diacre revolt

Herve Renard oversaw Saudi Arabia’s famous win over Argentina in Qatar, and he will now lead…

Is It Time to Replace De Gea? Two Ideal Candidates Explored

Erik ten Hag’s first season as Manchester United manager already looks set to be a successful…

Duhugurane: Ibinyabutabire bikoreshwa hirindwa Isukari n’Umunyu, bishobora guteza ingorane kubirenza

Hari Ibinyabutabire byifashishwa ku mafunguro cyangwa ibinyobwa biryohera ‘artificial sweeteners’, bikoreshwa hagamijwe kwirinda isukari isanzwe, nabyo…

Huye:”Guteka ntabwo ari inshingano z’Abagore gusa” – Min Jeannette Bayisenge

Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Prof. Jeannette Bayisenge, ubwo yari mu Karere ka Huye mu Ntara y’Amajyepfo…

Rwanda: Menya impamvu Kiliziya Gatolika yakuyeho Batisimu zo kuri Pasika

Kiliziya Gatolika mu Rwanda yatangaje ko yakuyeho itangwa ry’isakaramentu rya Batisimu ku munsi mukuru wa Pasika,…

Ubwikorezi: Hasinywe amasezerano azafasha RwandAir kugoga Ikirere k’Ibihugu 18 by’Afurika

RwandAir ikomeje kuba ubukombe, aho ibi byahamijwe kuri uyu wa Kane nyuma y’uko u Rwanda rusinye…

I&M Bank-Rwanda yatangaje urwunguko rwa Miliyaridi 9,3 Frw mu Mwaka ushize

I&M Bank (Rwanda) Plc yatangaje ko mu mwaka wa 2022 yinjije miliyari 42,4 Frw bingana n’izamuka…

Rwanda: Abanywi bunguye Bralirwa Miliyaridi 22,5 Frw mu Mwaka ushize 

Abanywi bagasembuye n’akadasembuye gakorwa n’Uruganda rwa Bralirwa, barwunguye abarirwa muri Miliyari 22,5 Frw mu Mwaka ushize…

Kigali: Hatashywe Hotel yatwaye Miliyoni 20$

Mu Mujyi wa Kigali hatashwe ku mugaragaro Hotel y’akataraboneka M Hotel, yuzuye itwaye Miliyari 20 z’Amafaranga…

AFCON 2023: Bimwe mu bihugu byamaze gukatisha Itike mu gihe hari ibitegereje muntsindire

Irushanwa ry’igikombe cya Africa niryo rushanwa rifatwa nk’irya mbere ku muganane wa Africa mu mupira w’amaguru, iri rushanwa rikinwa buri myaka ibiri, iry’umwaka utaha rikazabera mu gihugu cya Ivory Coast muri Mutarama na Gashyantare.

Ni irushanwa ryari gukinwa uyu mwaka, gusa CAF iritegura ihitamo kuryimurira muri 2024 kuko Igihugu kizaryakira cyatangaje ko cyari kitaritegura.

N’ubwo imikino yo mu matsimda 12 yose itarasozwa, hari bimwe mu bihugu byamaze kubona itike hakiri kare.

Muri ibyo. harimo Ivory coast izaryakira n’ibindi.

Kugeza ubu, Ibihugu bimaze gukatisha iyi tike bikaba bigizwe na; Ivory Coast, Burkina Faso, Algeria, Morroco, Senegal, Tunisia na Afurika y’Epfo.

Igikombe cy’Africa biteganyijwe ko kizatangira kuwa 13 Mutarama 2024, Umukino ugifungura ukazakinirwa kuri Alassane Ouattra Stadium iherereye Abidjan.

Biteganyijwe ko iyi mikino izasozwa tariki ya 11 Gashyantare 2024.

Ibihugu bitandukanye bikazaba bihanganiye kwambura Senegal iki gikombe ifite, mu gihe nayo nta kabuza izaza ishaka kukirwanaho.

Ivory Coast iheruka kwegukana iki gikombe mu 2015, bikaba byitezwe ko nta kabuza kuri iyi nshuro ibifashijwemo n’abakinnyi bayo bakomeye barimo Kapiteni wayo Serge Aurier, Sebastin Haller, Zaha, Pepe n’abandi, bazaba biyereka abaturage babo.