Munyentwali Alphonse yagizwe Umuyobozi mukuru mushya wa Police Fc

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 28/04/2023 Police Fc yabonye umuyobozi mushywa benshi bemeza ko ari umukunzi wa siporo ndetse azahindura byinshi ni mwitangazo ryashyizwe ahagaragara na Police y’URwanda ndetse na Police Fc

Ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda bwashyizeho ubuyobozi bushya  bw’ikipe yayo y’umupira w’amaguru (Police FC) aho Alphonse Munyantwali yagizwe umuyobozi mukuru (Chairman).

Superintendent of Police (SP) Regis Ruzindana yagizwe Umuyobozi wungirije (Vice Chairman).

CIP Obed Bikorimana, Umunyamabanga Mukuru akaba n’Umuvugizi wa Police FC, yavuze ko: “Izi mpinduka zigamije kongera imbaraga mu buyobozi no gukomeza kubaka ikipe itanga umusaruro.”

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *