Menya n’ibi: Kurangiza vuba ni Uburwayi cyangwa birasanzwe, ni ryari bivugwa ko umuntu yarangije vuba, byaba bikira

Bivugwa ko ubuzima bw’urugo hagati y’abashakanye bukomera iyo mu buriri bigenda neza.

Niba umugore atari igihaa ndetse n’umugabo akaba azi kurya amavuta akayamaramo akamenya gucyura umubyizi akabishimirwa, nta kabuza n’ikosa yakoze araribabarirwa.

Nyamara kandi biba ikibazo gikomeye iyo mu buriri amera nk’umwana ndetse yakitwa ko agiye kubaka urugo bikaba nka ya mvugo y’ab’ubu ngo ni ukubipa.

Aho rwose uretse kuba yaba afite umugore uzi kwihangana naho ubundi niho usanga abunganira urugo (Abapfubuzi) babona aho baruhera nuko ntiyongere kugira ijambo mu rugo.

Kurangiza vuba ni iki?

Kurangiza vuba bivugwa igihe umugabo arangiza (asohora) mbere y’uko akora imibonano cyangwa se hatarashira iminota 2 ari mu gikorwa.

Ibi akenshi biba atabishaka, bigatera guhangayika, kwigaya ndetse bigateza ibibazo n’umwiryane mu rugo

Biterwa n’iki?

Ubusanzwe kurangiza vuba biterwa n’impamvu nyinshi. Zimwe muri zo harimo;

  • Kurwara Diabetes
  • Kurwara Amibe
  • Kugira Imisemburo ya Testosterone mike
  • Kuba uhangayitse, udatuje, ubikoze nk’ubyibye
  • Kuba urwaye Prostate
  • Kuba warabaswe n’ingeso yo kwikinisha

Kurangiza vuba biravurwa?

Kurangiza vuba birakira rwose kandi hari imiti myimerere cyangwa inyunganiramirire zagenewe gukemura icyo kibazo.

Imwe muri izo nyunganiramirire twavuga harimo; Revive Capsules, Cordy Active, Ca+Fe+Zi Plus, Golden Six, Kopi Vitamin n’izindi zigenewe kuvura ibitera kurangiza vuba.

Mu Kigo gishinzwe gutanga ubufasha n’ubujyanama ku mirire kizwi ku izina rya Healthcare Rwanda, bafasha abantu bose bifuza gukemura icyo kibazo.

Ubakeneye, wahamagara ku murongo wa Telefone ngendanwa wa +250788224615 cyangwa se ukaba ukagana aho bakorera mu Nyubako izwi nka T2000 mu Mujyi wa Kigali rwagati.

Kurangiza vuba ni kimwe mu bisenya ingo muri iki gihe.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *