Kayibanda Aurore yunamiye musaza we ‘Hirwa Henry’ umaze imyaka 10 atabarutse


image_pdfimage_print

Miss Mutesi Aurore Kayibanda wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu 2012, yanditse agaragaza urukumbuzi n’urukundo afitiye musaza we Hirwa Henry, umunyamuziki wabarizwaga mu itsinda rya KGB umaze imyaka 10 yitabye Imana.

Kuri uyu wa Kabiri tariki 7 Gashyantare 2023, ni bwo Miss Kayibanda yunamiye musaza we yifashishije indirimbo ‘God is In This Story’ ya Katy Nichole na Bid Daddy Weave. Iyi ndirimbo imaze amezi arindwi isohotse, imaze kurebwa n’abantu barenga Miliyoni 2.

Ni indirimbo isubiza ibyiringiro mu buzima bwa muntu, ikitsa cyane ku kuvuga ko ibyo waba uri kunyuramo byose, yaba ibyiza cyangwa se ibibi Imana iri mu nkuru y’urugendo rw’ubuzima bwawe uko byagenda kose!.

Ndizihiza ubuzima wabayemo! Miss Kayibanda yunamiy - Inyarwanda.com

Hirwa Henry yunamiwe nyuma y'imyaka 10 yitabye Imana (Amafoto na Video) -  IGIHE.com

Umuhanzi Hirwa Henry agiye kwibukwa ku nshuro ya kabiri - Kigali Today

Hagiye kwibukwa Hirwa Henry umaze imyaka 10 yitabye Imana | IGIHE


Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *