Ubwikorezi: Hasinywe amasezerano azafasha RwandAir kugoga Ikirere k’Ibihugu 18 by’Afurika

RwandAir ikomeje kuba ubukombe, aho ibi byahamijwe kuri uyu wa Kane nyuma y’uko u Rwanda rusinye…

I&M Bank-Rwanda yatangaje urwunguko rwa Miliyaridi 9,3 Frw mu Mwaka ushize

I&M Bank (Rwanda) Plc yatangaje ko mu mwaka wa 2022 yinjije miliyari 42,4 Frw bingana n’izamuka…

Rwanda: Abanywi bunguye Bralirwa Miliyaridi 22,5 Frw mu Mwaka ushize 

Abanywi bagasembuye n’akadasembuye gakorwa n’Uruganda rwa Bralirwa, barwunguye abarirwa muri Miliyari 22,5 Frw mu Mwaka ushize…

Duhugurane: Ni iyihe Mishinga Banki y’Isi igiramo uruhare mu rugendo rw’Iterambere ry’u Rwanda

Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Dr Uzziel Ndagijimana, aheruka kugaragaza ko Banki y’Isi ari umufatanyabikorwa ukomeye w’u Rwanda…

Hakorwa iki ngo Abanyafurika bakora Ubuhinzi bareke kubarirwa mu bakora Umurimo uciriritse?

Inzobere n’abashoramari mu buhinzi bagaragaje ko kutagendana n’igihe n’imyumvire yo gufata ubuhinzi nk’umurimo usanzwe biri mu…

Nyaruguru: Baremerewe n’amafaranga y’Umurengera bari gusabwa ku Nguzanyo yo guhinga Icyayi bahawe

Mu karere ka Nyaruguru hari abaturage bari mu ihutizo rikomeye aho bahawe inguzanyo mu Manyarwanda none…

Icyayi cy’u Rwanda cyaciye Agahigo nyuma yo kwinjiza asaga 1,000,000$ mu Minsi Irindwi ku Isoko mpuzamahanga

Ikigo gishinzwe guteza imbere ibyoherezwa mu mahanga bikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB), cyatangaje ko mu cyumweru…

Ibihugu bigize EAC bigiye gukoresha Visa bihuriyeho nk’Intambwe yo guha ikaze ba Mukerarugendo

Urwego rushinze ubukerarugendo mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East Africa Tourism Platform:EATP), ruri gutegura gahunda yo…

Rwanda: Ni iki BNR iri gukora ngo Banki zikore neza aho kugwa mu Manga nk’izirimo Silicon Valley na Signature Bank?

Nyuma yo guhirima Kwa Silicon Valley Bank na Signature Bank zo muri Amerika, First Republic irokorwa…

Duhugurane: Ganira na Sina Gérard, inararibonye mu gutunganya umusaruro w’Ubuhinzi n’Ubworozi aguhe Ubumenyi 

Rwiyemezamirimo Sina Gérard yagaragaje ko gushora imari mu rwego rw’ubuhinzi bigifite imbogamizi nyinshi cyane ku buryo…