Home – THEUPDATE

Ubuvandimwe bwashyizwe ku ruhande: Visi Peresida wa Guneya Equatoriale yataye muri yombi Murumuna we ku bw’inyungu z’Igihugu

Visi-Perezida wa Guinea Equatoriale, Teodoro Nguema Obiang Mangue, ku giti cye yategetse ko murumuna we atabwa…

Libya: Al Ta’awon SC yahaye ikaze Kapiteni w’Amavubi ‘Haruna Niyonzima’ wayerekejemo (Amafoto)

Niyonzima Haruna wahoze ari kapiteni wa AS Kigali, yageze muri Al Ta’awon SC yo mu cyiciro…

Rwanda: Ubwoko 3 bw’imiti bwakuwe ku isoko na FDA

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kugenzura imiti n’ibiribwa (Rwanda FDA), cyasobanuye impamvu cyakuye ku isoko amoko atatu y’imiti…

Institut Tropical de Medicine igiye gufasha u Rwanda guhashya Malariya n’Igituntu

Binyuze mu kigo Institut Tropical de Medicine cyo mu Bubiligi, u Rwanda rugiye gufatanya guhangana n’indwara…

Duhugurane: Ni ibihe bimenyetso simusiga byakwereka ko wugarijwe n’indwara zibasira imitekerereze

Indwara zifata imitekerereze zigaragarira mu myitwarire, aho umuntu agira imyitwarire idasanzwe cyangwa se idahuye n’amahame ya…

Rwanda: Abakoresha uburyo bwo kwipima SIDA hakoreshejwe ‘Oraquick’ batangaza ko butigonderwa na buri umwe

Ikigo gishinzwe Ubuzima mu Rwanda (RBC) hamwe n’abakenera Oraquick ifasha umuntu kwipima virusi itera SIDA, bavuga…

Umupira w’Amaguru n’Ubumuntu: Lionel Messi agiye gufasha abahuye n’Ubuhumyi no kutabona neza muri Ethiopia

Rurangiranwa mu mupira w’amaguru Lionel Messi yifatanyije n’abari mu gikorwa cyo gufasha Abanya-Ethiopia bafite ibibazo byo…

Who is Yevgeny Prigozhin, who founded Wagner, and who is not afraid to criticize the Russian military?

The Wagner group in Russia has been talked about a lot after its former commander took…

Duhugurane: Umugore winjije Virusi ya SIDA mu gihugu, yavuze ko yari agamije gukiza Ubuzima

Mu 1985, hagati mu ntamabara y’ubutita, isi yariho ihura n’inkubiri y’indwara n’imfu zidasanzwe kubera virus nshya.…

Akanze uraheba: Aho guhatiriza ‘Minisitiri w’Intebe wa New Zealand yeguye ku mirimo ye’ avuga ko nta mbaraga agisigaranye  

Jacinda Ardern yavuze ko mu kwezi gutaha azegura ku mwanya wa minisitiri w’intebe wa New Zealand…