Rwanda: Ni iki Abaturage batekereza ku Matora ya Perezida wa Repubulika

Mu Mpeshyi y’Umwaka utaha w’i 2024, mu Rwanda hazakorwa amatora y’Umukuru w’Igihugu, ari nayo azaba abimburiye…

Nkumba: Minisitiri Bizimana yasabye ba ‘Gitifu’ gushyira imbaraga mu kwitabirwa kw’Itorero ryo ku Mudugudu

Tariki 19 Gashyantare 2023, abanyamabanga nshingwabikorwa b’Utugari tugize Intara y’Iburasirazuba bari mu itorero ‘Rushingwangerero II’ aho…

Nyamagabe: Mu Muhango wo kwizihiza Imyaka 35 Umuryango FPR-Inkotanyi umaze ushinzwe, harahiye Abanyamuryango bashya 80

Tariki ya 19 Gashyantare 2022, mu Karere ka Nyamagabe, Umurenge wa Gasaka mu Kagari ka Nyamugari…

“Tugomba gutsinda Uburusiya ariko tutabumenaguye” – Perezida Emmanuel Macron

Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron yavuze ko adashaka kubona Uburusiya bumenagurwa (bushenjagurwa) no gutsindirwa muri Ukraine. Aganira…

Mu ruzinduko ari gukorera mu Ntara y’Uburasirazuba, Dr Ngirente yasuye abahinzi b’imbuto mu Turere twa Kayonza na Ngoma

Abahinzi b’imbuto bo mu Turere twa Kayonza na Ngoma baravuga ko ubuhinzi bakora buzabafasha kwivana mu…

Ngoma: Dr Ngirente yasabye gufasha abiga Imyuga kubona aho bimenyereza 

Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yasuye ishuri rikuru ry’imyuga n’ubumenyingiro (IPRC Ngoma) maze asaba inzego zitandukanye…

Kigali: General Kabarebe yasabye urubyiruko kurangwa n’indangagaciro zo gukunda Igihugu no kucyitangira

Umujyanama wa Perezida wa Repubulika mu by’umutekano Gen James Kabarebe yasabye urubyiruko rukora imirimo itandukanye mu…

Nyagatare: Dr Ngirente yasabye ubuyobozi kuba hafi Umushinga ‘Gabiro Agri Business Hub’ 

Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente yatangiye gusura imishinga itandukanye mu ntara y’Iburasirazuba, ku ikubitiro yasuye umushinga…

Ubwikorezi: Gukora urugendo n’Indege muri EAC birahanitse

Bamwe mu bakoresha indege mu ngendo zabo kimwe n’abacuruzi b’amatike yazo, bavuga ko kuba umubare wa…

Rwanda: Perezida Kagame yafashe mu Mugongo Umuryango wa Depite Rwigamba watabarutse

Kuri iki Cyumweru abagize Inteko Ishinga Amategeko,Umuryango n’abayobozi mu nzego zitandukanye basezeye bwanyuma kuri Depite Rwigamba…