Amafoto: Uko Izuka rya Yezu/Yesu “Pasika”, ryizihijwe mu bice bitandukanye by’Isi

Kuva mw’Ijoro rya Pasika ku wa Gatandatu, Ibirori birakomeje mu mpande zitandukanye z’Isi mu kwizihiza Umunsi Mukuru ukomeye cyane mu kwemera kw’Abakristu, uzwi nka Pasika cyangwa Izuka rya Yezu/Yesu.

Yezu/Yesu yazutse ku Cyumweru cya Pasika, nk’uko Bibiliya ibivuga, nyuma y’Iminsi apfiriye ku Musaraba ku wa Gatanu Mutagatifu.

Ni Umugenzo ukorwa n’abatari bake, aho bitabira Misa y’Umugoroba wo ku wa Gatandatu bucya ari ku Cyumweru cya Pasika.

Amwe mu mafoto yaranze uyu Munsi

Mu Rwanda, Igitaramo cya Pasika cyaturiwe kuri Katederali St Michel rwagati mu Mujyi wa Kigali.

Image

Image

Image

Image

Nyuma y’Umunsi umwe yanze kwitabira Ibirori ku munota wa nyuma, Papa Fransisko yitabiriye Igitaramo cya Pasika cy’Amasaha abiri i Vatikani

 

Igihe vyankiye ko Papa Fransisko yitabira urugendo rwo ku wa Gatanu Mweranda, abatari bake baciye batangura kugira amakenga ku magara yiwe.

Yasomye ijambo rirerire hanyuma arabatiza n'abatari bake imbere y'ubutumwa bwiwe bwa Pasika mu gatondo ko kuri uno wa Mungu

Muri Philippines, Aibakristu bahuriye ku Ngazi (Esikariye) kugira ngo bashobore kubona Urugendo rwa Pasika

 

Mu Ntara ya Grand Manille/Metro Manila muri Philippines, abana bambaye nk’Abamalayika bagaragara basenga mbere y’Ibirori by’ijoro rya Pasika

 

Ahitwa Fort Jesus mu Karere ka Kibera k’Umurwa mukuru wa Kenya Nairobi, Abakristu bakiri bato n’abakuze bahuriye hamwe bacana Amabuji

 

Abapadiri bayoboye Misa bacana Ibicaniro hanze ya Kiliziya mbere yo kwinjira muri Pasika

 

Muri Irake ntibasigaye inyuma, aha Umwana yafotowe ashaka gusoma Umusaraba mu gihe cy’Ibirori bya Pasika

 

Muri Repubulika ya Tchèque, ibirori bya Pasika byabereye i Prague (Umurwa mukuru) mu kwibuka Ubuzima bwa Yezu Kristu/Yesu Kristo.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *