Rwanda: Abakora mu rwego rw’Ubuzima batangaje ko amasaha y’Umurengera bakora agira ingaruka kuri Serivise batanga

Abaforomo, Abaforomokazi n’Ababyaza bakomeje kugaragaza impungenge baterwa no gukora amasaha menshi, bakavuga ko bifitanye isano na…

Rwanda: Minisante yagaragaje igikomeje gutera ubwiyongere bw’abafite ibibazo by’Uburwayi bwo mu Mutwe

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko igiye gukora isuzuma ryimbitse ku kibazo cy’umubare w’abafite ibibazo by’uburwayi bwo mu…

Uganda: 15,000 childreen are suffering from Tuberculosis

Health experts have expressed concern over the high number of children suffering from Tuberculosis (TB) in…

Rwanda: RBC yatangije Ubukangurambaga bwo kugira Amenyo afite Isuku no kuyivuza hakiri kare

Ikigo cy’ Igihugu cy’Ubuzima (RBC) kibukije buri wese kuzirikana Isuku yo mu Kanwa no kwivuza Indwara…

Kigali: Abaganga bo mu Bushinwa babyaje Umubyeyi atababaye bikora benshi ku Mutima

Tariki 8 Werurwe 2023 ubwo isi yose yizihizaga Umunsi Mpuzamahanga wahariwe umugore, mu bitaro bya Masaka…

Duhugurane: Wowe urya Umunyu mwinshi menya ingaruka zigutegereje

Imibare y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) igaragaza ko gahunda yo kugabanya igipimo cy’umunyu abantu…

Duhugurane: Menya ibice by’Umubiri byibasirwa n’Igituntu mu buryo bworoshye

Ikigo gishinzwe Ubuzima mu Rwanda (RBC) kivuga ko indwara y’igituntu ishobora kwibasira ibice bitandukanye by’umubiri harimo…

Duhugurane: Ni gute wakwitwara mu gihe wanduye Agakoko gatera Sida

SIDA ni indwara ihangayikishije isi muri rusange. Hari uburyo umuntu wanduye agakoko gatera SIDA ashobora gukomeza…

Duhugurane: Ni izihe ngaruka z’Imitekerereze zibasira uwakuyemo Inda abishaka

Abahanga mu by’imitekerereze ya muntu bavuga ko gukuramo inda ku bushake bitera ibibazo by’ihungabana, bikibasira imitekerereze…

Kigali: Huzuye Laboratwari yigisha kugorora Ingingo yuzuye itwaye arenga arenga Miliyoni 120

Mu Mujyi wa Kigali mu Ishuri ryigisha Ubuvuzi, huzuye Laboratwari yo kugorora Ingingo, yuzuye itwaye asaga…