Abaforomo, Abaforomokazi n’Ababyaza bakomeje kugaragaza impungenge baterwa no gukora amasaha menshi, bakavuga ko bifitanye isano na…
Health
Rwanda: Minisante yagaragaje igikomeje gutera ubwiyongere bw’abafite ibibazo by’Uburwayi bwo mu Mutwe
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko igiye gukora isuzuma ryimbitse ku kibazo cy’umubare w’abafite ibibazo by’uburwayi bwo mu…
Uganda: 15,000 childreen are suffering from Tuberculosis
Health experts have expressed concern over the high number of children suffering from Tuberculosis (TB) in…
Rwanda: RBC yatangije Ubukangurambaga bwo kugira Amenyo afite Isuku no kuyivuza hakiri kare
Ikigo cy’ Igihugu cy’Ubuzima (RBC) kibukije buri wese kuzirikana Isuku yo mu Kanwa no kwivuza Indwara…
Kigali: Abaganga bo mu Bushinwa babyaje Umubyeyi atababaye bikora benshi ku Mutima
Tariki 8 Werurwe 2023 ubwo isi yose yizihizaga Umunsi Mpuzamahanga wahariwe umugore, mu bitaro bya Masaka…
Duhugurane: Wowe urya Umunyu mwinshi menya ingaruka zigutegereje
Imibare y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) igaragaza ko gahunda yo kugabanya igipimo cy’umunyu abantu…
Duhugurane: Menya ibice by’Umubiri byibasirwa n’Igituntu mu buryo bworoshye
Ikigo gishinzwe Ubuzima mu Rwanda (RBC) kivuga ko indwara y’igituntu ishobora kwibasira ibice bitandukanye by’umubiri harimo…
Duhugurane: Ni gute wakwitwara mu gihe wanduye Agakoko gatera Sida
SIDA ni indwara ihangayikishije isi muri rusange. Hari uburyo umuntu wanduye agakoko gatera SIDA ashobora gukomeza…
Duhugurane: Ni izihe ngaruka z’Imitekerereze zibasira uwakuyemo Inda abishaka
Abahanga mu by’imitekerereze ya muntu bavuga ko gukuramo inda ku bushake bitera ibibazo by’ihungabana, bikibasira imitekerereze…
Kigali: Huzuye Laboratwari yigisha kugorora Ingingo yuzuye itwaye arenga arenga Miliyoni 120
Mu Mujyi wa Kigali mu Ishuri ryigisha Ubuvuzi, huzuye Laboratwari yo kugorora Ingingo, yuzuye itwaye asaga…