The Rwanda Women’s National Team won the first match against Ghana in the “NCF Women’s T-20…
Sports
AFCONQ2023: Bénin yageze i Kigali mbere yo guhura n’Amavubi mu mukino w’Umunsi wa 4
Ikipe y’Igihugu ya Bénin yageze mu Mujyi wa Kigali ifite urwicyekwe mbere y’uko icakirana n’Amavubi y’u…
Igikombe cy’Amahoro 2023: Intare FC yateye Utwatsi Icyemezo cya Ferwafa mu mukino wa Rayon Sports
Abakunzi ba Ruhago mu Rwanda bari mu rungabangabo by’umwihariko abakunzi ba Rayon Sports FC, ku bijyanye…
Bukaya Saka yatangaje ko Manchester City yabaharuriye Inzira igana ku Gikombe cya Shampiyona
Kugeza ubu, Arsenal niyo iyoboye urutonde rwa Shampiyona y’u Bwongereza aho irusha amanota 8 Manchester City iyikurikiye.
Bamwe mu bakurikirana umupira w’amaguru by’umwihariko iyi Shampiyona, bavuga ko Manchester City yihereye indege irimo n’abagenzi ikipe ya Arsenal bitewe n’abakinnyi yabahaye mu mpeshyi y’umwaka ushize.
Zincheko na Gabriel Jesus bombi bakiniraga Manchester City bombi baguzwe Miliyoni 75 z’Amayero berekeza i London/Londre bavuye i Manchester, usibye kuba bafasha Arsenal gutsinda banayifasha mu buryo bw’imitekerereze kuko bo igikombe bari kurwanira cya shampiyona y’u Bwongereza bazi uko gitwarwa nk’uko babikoze muri Manchester City bose bagitwara.
Bukayo Saka yerekanye inkunga ya Pep Guardiola mu kuba Arsenal iri kurwanira igikombe cya Premier League, asobanura umumaro wa Gabriel Jesus na Oleksandr Zincheko bavuye muri Manchester City mu mpeshyi y’umwaka ushize.
Aya magambo Bukayo Saka yayatangaje mbere y’uko ejo ikipe y’igihugu y’u Bwongereza ikina na Ukraine mu mikino yo gushaka itike ya Euro ya 2024 izabera mu Budage.
Yagize ati:
Zinchenko yazanye ubuhanga ndetse yazanye byinshi cyane. Ushobora kubona uko akina n’uburyo agenzura umukino, ni umukinnyi w’indashyikirwa. Afite imico ikomeye y’ubuyobozi ndetse rwose anadufasha mu bice byose.
“Zinchenko na Gabriel Jesus batuzaniye imitekerereze yo gutsinda kandi kuri twe ni abakinnyi batwaye shampiyona. Mu bihe bigoye baba bazi uko byifashe bakadushyiramo imbaraga kuko dufite abakinnyi benshi bakiri bato. Mu by’ukuri badufasha cyane ku ruhande rw’ibitekerezo”.

Swimming: Mako Sharks yatangije Irushanwa rigamije kwagura Imbibi z’Umukino wo Koga
Kuri iki Cyumweru tariki ya 26 Werurwe 2023, ikipe y’Umukino wo Koga ya Mako Sharks ikorera…
Cricket: Ikipe y’Igihugu yerekeje muri Nijeriya
Ku Mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 24 Werurwe 2023, Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda…
Swimming: Tuyisenge Yves yatorewe kuyobora Komisiyo y’Abakinnyi
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 25 Werurwe 2023, mu Cyumba cy’Inama cya Komite Olempike y’u…
AFCONQ2023: Umukino wo kwishyura hagati y’Amavubi na Cheetah uzabera kuri Kigali Pelé Stadium
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika yanzuye ko umukino w’u Rwanda na Bénin uzabera kuri Kigali Pelé…
AFCONQ2023: Les Habitants de Lubumbashi se mobilisent le Match de la RD-Congo vs Mauritanie
La République démocratique du Congo rencontre, ce vendredi 24 mars à Lubumbashi (15h00 locales), la Mauritanie…
Bayern Munich set to announce Thomas Tuchel as their new Manager
Thomas Tuchel is the favourite to replace Julian Nagelsmann, who is said to have been sacked…