Amajyaruguru: Abana bagwingira bagabanutseho 6,3%

Ikigo cy’igihugu gishinzwe imikurikire no kurengera umwana, cyasabye inzego z’ibanze mu Ntara y’Amajyaruguru kongera imbaraga mu…

Kigali:“Inkingo zikorewe muri Afurika ni Ikizere n’Ishema kuri Twe” – Perezida Macky Sall

Abanyacyubahiro batandukanye baturutse ku mugabane wa Afurika no hanze yawo, bagaragaza ko gukorera inkingo z’ubwoko butandukanye…

Rwanda: I Masoro huzuye Igice cya mbere cy’Uruganda rwa BionTech 

Igice cy’ibanze cy’uruganda rwa BionTech ruzakorera imiti n’inkingo mu Rwanda cyamaze kurangira, Abanyarwanda babonyemo akazi basanga…

Duhugurane: Menya Indwara zirenga 20 zivurwa n’Umuravumba

Umuravumba ni Umuti ukomoka ku bimera kandi ufite imbaraga n’uruhare runini mu buvuzi gakondo bw’Abanyarwanda. Kuva…

Rwanda: Amavuriro 8 akoresha uburyo bwa Gakondo yafunzwe

Minisiteri y’Ubuzima yafunze amavuriro 8 avura mu buryo bwa Gakondo, itangazo ry’iyi Minisiteri riravuga ko amwe…

U Rwanda ruri mu bihugu bihagaze neza ku Isi mu gufasha abafite Virusi itera Sida

Abafite virusi itera SIDA baravuga ko ingamba zafashwe mu kwita ku banduye iki cyorezo no gukumira…

Rwanda: MINISANTE yahagurukiye gukemura ibibazo biri mu rwego rw’Abaforomo n’Ababyaza

Nyuma y’ibibazo bya hato na hato bimaze igihe bivugwa mu rwego rw’Urugaga rw’Abaforomo, Abaforomokazi n’Ababyaza mu…

Rwanda: Abacuruza Imiti batabifitiye uburenganzira baburiwe

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubugenzuzi bw’ibiribwa n’imiti, Rwanda FDA kiraburira Abanyarwanda ko bitemewe gucuruza imiti utabiherewe uburenganzira. …

Rwanda: Urubyiruko rwihariye 70% by’abafite ibibazo by’Ubuzima bwo mu Mutwe

70% by’abafite ibibazo by’ubuzima bwo mu mutwe mu Rwanda, ni urubyiruko kandi abenshi muri rwo bibatangira bakiri…

Gakenke: 30% by’abafata Imiti igabanya ubukana bwa Virusi itera SIDA bagizwe n’Urubyiruko

Ubuyobozi bw’Ibitaro by’Akarere bya Nemba biherereye mu Karere ka Gakenke buvuga ko 30% barwayi bafata imiti…