Kigali: Umunsi w’Umugore wasize abasaga 210 bapimwe Kanseri y’Ibere ku bufatanye bwa RBC n’abafatanyabikorwa bayo

Mu rwego rwo kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Umugore, hazirikanwa umusanzu we mu iterambere ry’igihugu, Access Bank Rwanda…

Ubuyobozi bwa RFL bwavuze ko Serivisi zayo zimaze kwifashishwa n’abaturutse mu bihugu 11

Ubuyobozi bwa Laboratwari y’Igihugu y’ibimenyetso bya gihanga bikoreshwa mu butabera, buvuga ko serivisi zayo zimaze kwifashishwa…

Africa CDC yasabye gushyira imbaraga mu gukoresha Ikoranabuhanga mu rwego rwo kujyana n’Ubuvuzi bugezweho

Ikigo gishinzwe kurwanya no gukumira Indwara muri Afurika, Africa CDC, cyasabye ibihugu bya Afurika guteza imbere…

Rwanda: Ababishaka bashobora gutangira gutanga bimwe mu bice bigize Umubiri wabo

Itegeko rigena ibyo gutanga ingingo (Organ donation), biteganyijwe ko rizasohoka mu Igazeti ya Leta mu bihe…

Menya n’ibi: Wari uzi ko ‘Tige Coton n’Umuziki’ biri mu byangiza Amatwi?

Inzobere mu buvuzi bw’amatwi zigira inama abantu kwirinda Umuziki ukabije no kwirinda gukoresha agakoresho k’ipamba kitwa…

Duhugurane: Wari uziko 1/2 cy’abatuye Umugabane w’Afurika bashobora kuzaba bafite ikibazo cy’Umubyibuho ukabije mu 2035

Impuguke mu by’ubuzima zikomeje kugaragaza impungege ziterwa n’ubwiyongere bw’umubyibuho ukabije kuri benshi kuko ari intandaro y’indwara…

Duhugurane: Sobanukirwa na Hypoactive Sexual Desire Disorder Indwara ibuza Igitsina Gore kwifuza no kwishimira Imibonano Mpuzabitsina

Hypoactive Sexual Desire Disorder ni Indwara izonga ab’Igitsina gore ikabangamira byinshi mu buzima bwabo. Rimwe na…

Rubavu: Abivuriza ku Bitaro bya Gisenyi basabye Minisante kubyagura no kubyongerera Abaganga

Abivuriza ku bitaro bya Gisenyi mu Karere ka Rubavu, basabye Minisiteri y’Ubuzima kongera umubare w’abaganga no…

Duhugurane: Hatagize igikorwa, 1/2 cy’abatuye Isi bazaba bafite Umubyibuho ukabije mu 2035

Mu gihe nta cyaba gikozwe, abaturage bagera kuri kimwe cya kabiri cy’abatuye isi bazaba bafite ikibazo…

Abarwaye Diabète mu Bufaransa bari gucuranwa Imiti n’abatayirwaye

Ikigo cy’u Bufaransa gishinzwe kugenzura ubuziranenge bw’imiti n’ibikoresho byo kwa muganga, ANSM, kuri uyu wa Gatatu…