Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko Minisitiri wa Siporo, Madamu Munyangaju Aurore Mimosa dafunze nk’uko byavuzwe,…
Justice
Ubufaransa: Nicolas Sarkozy yakatiwe Imyaka 3 y’Igifungo irimo 2 isubitse
Urukiko rw’ubujurire rw’i Paris rwagumishijeho igihano cyo gufungwa imyaka itatu, irimo ibiri y’insubikagihano, kuri Nicolas Sarkozy,…
Musanze: Umuforomokazi ukekwaho uruhare mu Rupfu rw’Umunyeshuri yatawe muri Yombi
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rwataye muri yombi Animatrice witwa Nyiramugisha Jeanne usanzwe ari umuforomo…
Umunsi wahariwe Abaforomo: Urugaga rwabo mu Rwanda rwatangaje ko 70 bafunzwe bazira gukoresha Ibyangombwa bihimbano
Inama y’Igihugu y’Abaforomokazi, Abaforomo n’Ababyaza (NCNM) yizihije Umunsi mpuzamahanga wahariwe Abaforomo, yamagana abo ivuga ko bakinira…
Jean Nsabimana ‘Dubai’ n’abo bareganwa bakatiwe gufungwa Iminsi 30 y’agateganyo
Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo mu Mujyi wa Kigali, rwateye utwatsi icyifuzo cy’abantu 4 cyo gufungurwa bagakurikiranwa…
Yinjiranye mu Rukiko Bibiliya Ntagatifu n’Iyera, Urubanza rugeze hagati avuga ko yigendeye, Menya ibindi byaranze Urubanza rwa Karasira Aimable
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 15 Gucurasi 2023, Urukiko Rukuru Urugereko ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya…
Former Police officer faces trial in France for his role in the Genocide against the Tutsis
Philippe Hategekimana charged with Genocide, crimes against humanity during 1994 Genocide against the Tutsis. The trial…
Ubufaransa: Uwari Umujandarume mu Rwanda yatangiye kuburanishwa ku byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi
Philippe Hategekimana wahoze ari Umujandarume mu Rwanda, kuri uyu wa gatatu yatangiye kuburanishwa mu Rukiko rw’i…
Urukiko rwanzuye ko ‘Prince Kid’ atagomba kugirwa Umwere ku Byaha yarezwe
Kuri uyu wa Gatanu tariki 28 Mata 2023, Urukiko rukuru rwa Kigali rwasoje urubanza rwaregwagamo Ishimwe…
Uburusiya: Yakatiwe Imyaka 25 y’Igifungo nyuma yo gushinjwa kurwanya Leta
Vladimir Kara-Murza utavugarumwe na Leta ye, yahanishijwe igifungo cy’imyaka 25 mu Buroko, nyuma yo guhamwa n’ibyaha…