70% by’abafite ibibazo by’ubuzima bwo mu mutwe mu Rwanda, ni urubyiruko kandi abenshi muri rwo bibatangira bakiri…
Health
Gakenke: 30% by’abafata Imiti igabanya ubukana bwa Virusi itera SIDA bagizwe n’Urubyiruko
Ubuyobozi bw’Ibitaro by’Akarere bya Nemba biherereye mu Karere ka Gakenke buvuga ko 30% barwayi bafata imiti…
Rubavu: Abivuriza mu Bitaro bya Gisenyi babangamiwe na Serivisi mbi kubera ubuke bw’Abaganga
Bamwe mu barwayi n’abivuriza mu Bitaro bya Gisenyi binubira kumara umwanya munini bategereje kubonana na muganga…
Rwanda: Ibitaro bya Butaro bifite Inyubako nshya
Abaturage bivuriza mu Bitaro bya Butaro mu Karere ka Burera mu Ntara y’Amajyaruguru y’u Rwanda, batangaje…
Rwanda: Iterambere ry’Ubuvuzi bugezweho ryavunnye amaguru abajyaga kubushakira i Mahanga
Abakora mu nzego z’ubuzima bemeza ko bashingiye ku mavugurura arimo gukorwa agamije kubaka ubushobozi no gushaka…
U Rwanda rugeze he Urugendo rwo gukora Inkingo?
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatanze integuza ko mu gihe kitarambiranye izatangaza aho gahunda yo gukorera Inkingo mu…
Rwanda: Minisante yasabye kugira ihame kwisuzumisha kenshi Indwara zitandura
Minisiteri y’ubuzima iri mu kwezi kwahariwe kurwanya, kwirinda no kwisuzumisha indwara zitandura by’umwihariko indwara zitera kuzamuka…
“Afurika ikeneye abakora mu nzego z’ubuzima bafite ubumenyi buhamye” – Dr Nsanzimana
Ministiri w’Ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana asanga Afurika ikeneye abakora muri serivisi z’ubuvuzi bafite ubumenyi buhamye ndetse…
Duhugurane: Ni he hashyirwa Ingingo zikurwa ku Murwayi?
Abatari bacye bakunze kwibaza ahashyirwa ingingo z’umuntu wakoze impanuka cyangwa wagize ikindi kibazo bikaba ngombwa abaganga…
Rwanda: Abafite ibisigisigi bya Covid-19 basabye kwitabwaho byihariye
Abafite ibisigisi bya Covid19 barasaba ko bashyirirwaho uburyo bwihariye bwo kubakurukirana kandi bakaba bakoherezwa mu buvuzi.…