U Rwanda rurateganya kuzakoresha Ingengo y’imari igera kuri miliyari 5030 Frw mu mwaka wa 2023/2024, menya…
Business
Rwanda: Umwaka w’Ingengo y’Imari 2021/22 wahombeje Leta Miliyari 6 na Miliyoni 400 Frw
Gusesagura, gushyiraho ibiciro by”umurengera, kuburirwa irengero by’amafaranga ni bimwe mubyahombeje leta miliyari 6,4Frw. Urwego rw’Ubugenzuzi Bukuru…
Rwanda: Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda yaburiye abacuruzi badakozwa ibyo kugabanya ibiciro by’Umuceri na Kawunga
Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda irasaba abacuruzi kubahirizwa ibiciro byagenwe ku biribwa birimo umuceri, ibirayi n’ifu y’ibigori izwi…
Afurika yagiriwe inama y’icyakorwa ngo Isoko rusange ritange umusaruro
Impuguke mu mirimo yo kunganira abacuruzi muri gasutamo n’ubwikorezi bw’ibicuruzwa n’ibyitwa logistics, barasaba ibihugu bya Afurika…
Hamwe na Banki ya Kigali wagenzura Inguzanyo wifashishijwe BK-Mobile App
Banki ya Kigali yatangije uburyo buzafasha abakiliya bayo kugenzura no gukurikirana inguzanyo bifashishije uburyo bw’ikoranabuhanga bakoresheje…
Rwanda: Abahagaritse Ubucuruzi bashyiriweho uburyo bwo kwandukuza TIN Number
RRA yatangiye uburyo bushya bwo kwandukuza TIN ku bahagaritse ubucuruzi hifashishijwe ikoranabuhanga. Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro cyatangaje…
Rwanda: Ishyirwa mu bikorwa ry’Ibiciro bishya ku Isoko rikomeje kugorana
Abaturage batangaje ko igabanuka ry’ibiciro bishya byashyizweho ku Isoko bitarashyirwa mu bikorwa. Tariki ya 19 Mata…
Rwanda Revenue Authority yasobanuye ibijyanye n’amavugurura mashya y’Imisoro
Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Gatanu tariki 20 Mata 2023, yemeje imisoro ivuguruye hashingiwe ku cyerekezo…
Rwanda: Minisiteri y’Ubucuruzi yasobanuye impamvu Ibishyimbo bitashyiriweho igiciro fatizo
Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda Prof. Ngabitsinze Jean Chrisostome yasobanuye impamvu Ibishyimbo bitashyiriweho igiciro fatizo nubwo nabyo biri…
BK Group Plc na MTN Rwandacell byashyizwe ku rutonde rw’Ibigo bicunzwe neza muri Afurika bibikesha kuyoborwa n’Abagore
BK Group Plc na MTN Rwandacell byashyizwe mu bigo by’ubucuruzi 93 bikomeye muri Afurika biyoborwa n’abagore…