Home – THEUPDATE

Everton 1-0 Arsenal: Tarkowski dents Gunners’ title bid as Dyche makes immediate impact

Arsenal dropped three points in the Premier League title race as James Tarkowski’s goal guided Everton…

Manchester United 2-1 Crystal Palace: Fernandes and Rashford stretch winning run as Casemiro sees red

Manchester United had Casemiro sent off but racked up a sixth consecutive Premier League home win as…

GS st Paul Muko yakiriwe nk’Umunyamuryango mushya wa FERWAHAND hanatangazwa itariki y’itangira rya Shampiyona (Ibyaranze inteko rusange)

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 04 Gashyantare 2023, mu cyumba cy’Inama cya Hotel Hilltop habereye…

Umunsi wa 18 wa Shampiyona: Amasaha 24 yari ahagije ngo APR FC yisubize umwanya wa mbere iwambuye Gasogi United, AS Kigali ikorwa mu jisho na Police FC

Kuri uyu wa Gatandatu hakomeje umunsi wa 18 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda aho…

Président Kagame et Tshisekedi se Rencontrent À Bujumbura

Ce Samedi 4 février 2023, le président de la république du Rwanda, Paul Kagame, est arrivé…

Umwuka w’Intambara muri DR-Congo: Perezida Kagame, Ruto na Suluhu bageze i Bujumbura mu nama yatumijwe na Evariste Ndayishimiye uyobora EAC

Nyuma y’uko ubushyamirane n’umwuka w’Intambara bikomeje kwiyongera hagati ya Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo…

Chris Eazy na The Same bagiye gutaramira Abanya-Rubavu mu gitaramo cyiswe ‘Bikini Sunday Beach Patry Valantin Day’ Outside’

Umwe mu bahanzi bagezweho mu Rwanda Chris Eazy agiye gutaramira abaturage bo mu Karere ka Rubavu…

Kigali: Ku myaka 14 yakatiwe Igifungo gisubitse n’ihazabu ya 1,000,000 Frw kubera gucuruza Ibiyobyabwenge

Urukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge rwahanishije igifungo gisubitse cy’imyaka ibiri umwana w’imyaka 14 wari ukurikiranyweho gucuruza ibiyobyabwenge.…

U Rwanda rugiye kwemeza burundu amasezerano mpuzamahanga agamije guca ikoreshwa ry’Intwaro za kirimbuzi

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga yatangaje ko binyuze muri Ministeri y’Ingabo n’iy’Ubutabera u Rwanda rurimo gutegura igikorwa cyo…

Gicumbi: Abakozi b’Akarere n’ab’Ibitaro bya Byumba baguye miswi mu Mukino wa gicuti

Kuri uyu wa Gatanu, mu Karere ka Gicumbi byari ibyishimo bidasanzwe by’umwihariko ku baturage batuye mu…