Rwanda: Abahitanywe n’Ibiza bashyinguwe, Leta yizeza ubufasha bushoboka bwose abasigaye (Amafoto)

Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yageze mu Karere ka Rubavu ahabera umuhango wo gushyingura abaturage bahitanywe n’ibiza. Ni umuhango ubera ku irimbi rya Rugerero.

Muri aka karere abahitanywe n’ibiza ni 26, abashyingurwa mu irimbi rya Rugerero uyu munsi ni 13.

Mu butumwa yagejeje ku batuye muri aka karere, Minisitiri w’Intebe yavuze ko Leta ibafasha  mu buryo bushoboka bwose abagizweho ingaruka n’ibiza.

Yagize ati “Perezida wa Repubulika yantumye ngo mukomeze mwihangane kandi Leta irabafasha uko ishoboye kose.”

Amafoto

Image

Image

Image

Image

Image

Image

Image

Image

Image

Image

Image

 

 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *