Abaturage bo mu Karere ka Gicumbi bishimiye gutaha Ikigo Nderabuzima cya Mulindi kiri mu Murenge wa…
Health
MINISANTE yasinye amasezerano azafasha u Rwanda kubona Imashini zigezweho zikenerwa kwa Muganga
Minisiteri y’Ubuzima itangaza ko bitarenze uyu mwaka u Rwanda ruzaba rwasinyanye amasezerano n’inganda zikomeye ku Isi…
Kayonza: Abaganga bacye babaye intandaro ya serivise mbi mu Bitaro bya Rwinkwavu
Abakenera serivisi z’ubuvuzi mu bitaro bya Rwinkwavu biherereye mu Karere ka Kayonza, baravuga ko ikibazo cy’abakozi…
MINISANTE yihaye Imyaka 4 yo gukuba 4 Abaganga b’Inzobere bavura Indwara z’Abagore
Minisiteri y’Ubuzima yatangije gahunda yo kwigisha abaganga b’inzobere bavura indwara z’abagore hagamijwe kuziba iki cyuho, aho…
Musanze: Ikigo Nderabuzima cya Murandi cyabonye Inzu y’Ababyeyi igezweho
Ababyeyi babyarira ku kigo nderabuzima cya Murandi kiri mu Murenge wa Remera mu Karere ka Musanze,…
“Ntacyo rukimaze”, Nyuma yo gukora Doze Miliyari 3 ‘Urukingo rwa AstraZeneca’ rugiye guhagarikwa
Byashoboka ko ari rwo wafashe, ni urukingo rwatewe abantu babarirwa muri za miliyoni nyinshi ku isi.…
Rwanda: 1200 barwara Kanseri buri Mwaka, 800 ikabahitana
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC kigaragaza ko kurandura Kanseri y’inkondo y’umura bishoboka, gusa ngo birasaba ubufatanye bwa…
Musanze: Abafite Imyaka iri hagati ya 30-49 bagiye gusuzumwa Kanseri y’Inkondo y’Umura
Abari n’abategarugori bo mu Karere ka Musanze, barashishikarizwa kwitabira kwisuzumisha ku buntu kanseri y’ibere n’iy’inkondo y’umura,…
Abitabiriye Inama Mpuzamahanga ku guhashya Malaria basangijwe uko u Rwanda rwayihangamuye
Abitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku guhashya Indwara ya Malaria bagaragaje ko kugira ngo Umugabane wa Afurika…
OMS yemeje Urukingo ruvuguruye rwa Korera
Ishami rya ONU ryita ku buzima OMS, ryemeje urukingo ruheruka kuvugururwa rw’indwara ya korera rushobora gufasha…