Sobanukirwa: Ingendo Isi ikora izenguruka Izuba n’indi Mibumbe iba mu Isanzure

0Shares

Isi dutuye ni kimwe mu byiza Imana yahanze nk’uko abamera byamera, gusa hari n’abandi bavuga ko yahanzwe n’izindi mbaraga.

Muri iyi nkuru tugiye kugaruka kubyagaragajwe n’abahanga muri Siyansi, ku bijyanye n’ingendo ikora n’uburyo izenguruka indi Mibumbe buhuriye mu Isanzure.

Isanzure ni urusobe rw’ibiriho byose, hakubiyemo ibyanya, ibihe n’ibibiyobora, tugashyiramo imibumbe, inyenyeri, injeje, tutibagiwe n’ibindi bintu byose n’imbaraga zibiyoboye.

Isi iri mu Isanzure, ikaba izenguruka Izuba iminsi 365 n’amasaha atandatu.

Wowe uri gusoma iyi nkuru, iri ku muvuduko wa Kilometero ibihumbi ijana na birindwi ku isaha (100,007Km/H).

Isi igenda Ibirometero mirongo itatu mu isegonda 30Km/sc, bityo bigatuma uduce tumwe natumwe tuba turi ku masaha atandukanye.

Dufashe urugero rw’i Kigali mu Rwanda, niba ari Saa 7:00, i Washington DC muri USA baba bafite saa 00:00 z’Igicuku.

Isi irizenguruka ubwayo. bivuze ko iyo isubiye aho iba yatangiriye urwo rugendo (Mu ndimi z’amahanga rwitwa Revolution na Rotation), amasaha makumyabiri n’ane (24Hrs) umunsi uba ushize.

Isi izenguruka Ukwezi iminsi 30, akaba aribyo byitwa ukwezi. Wowe usoma iyi nkuru, iyo wahembwe umushahara, ujye umenya ko Isi irangije kuzenguruka Ukwezi.

  • Isi kandi yegeranye n’indi Mibumbe

Umuturanyi wa mbere w’Isi ni Umubumbe uzwi nka Venus.

Iyi Venus igenda Ibirometero ibihumbi 100,025 mu isaha. Mu ndimi z’Amahanga, hari n’abayihimba Etoile du Berge (Inyenyeri y’Umushumba).

  • Ese wari uzi ko Ukwezi kutamurika?.

Urumuri gutanga ku Isi, n’Imirasire iba yavuye ku Zuba, igakubita ku Kwezi, urwo rumuri rukamurikira Isi.

Mu mwaka w’i 1969 mu Kwezi kwa 7, abagabo bagiye ku Kwezi bayobowe n’umugabo wamamaye witwa Neil Armstrong na Buzz Ardlin.

Aba bombi bari boherejwe n’Ikigo cy’Abanyamerika ‘NASA’ bagiye mu Cyogajuru kiswe Apollo 11.

  • Uko Isi yikaraga

Isi ifite Inkingi yikaragaho izwi nka Orbit. Gusa, ntago igaragara, ariko abahanga bavuga ko wayibona mu gitondo.

Iyo uri mu Isanzure ukitegereza Isi, kimwe cya kabiri cyayo aba ari Amanywa ikindi ari Ijoro.

  • Izuba riragenda?

Ntabwo Izuba rigenda, ahubwo n’Isi iba igenda. Urugero, iyo uri mu Modoka ubona Ibiti bigenda. Bivuze ko Izuba aho ryatangiriye ariho rikiri kuva mu Myaka Miriyari Enye na Miriyoni magana tandatu z’Iimyaka ishize ibayeho.

Amafoto

May be an image of 1 person, planet and text that says "SoS S S Saturn Neptune Mars Uranus Jupiter Mertury"

May be an image of planet and text

May be an image of 1 person and text

May be an image of text

May be an image of planet, outer space and text

May be an image of planet and text

 

Habimana Jean Paul

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *