Kwibuka 31:“Abapfobya Jenoside ntibazahindura Amateka y’u Rwanda” – Ambasaderi Karamba

Ambasaderi w’u Rwanda mu gihugu cya Ethiopia, Maj. Gen (Rtd) Charles Karamba, yavuze ko ibinyoma no…

Kwibuka31: Abanyarwanda bari muri Santrafurika bibutse Jenoside yakorewe Abatutsi

Ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, birakomeje hirya no hino…

Kwibuka31: Ab’i ‘Rukira ya Huye’ basabwe kurwanya Ingengabitekerezo ya Jenoside

Kuri uyu wa 07 Mata 2025, u Rwanda rwatangiye Icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 31…

Huye: Abaturiye Umuhanda ‘Tumba – Cyarwa – Rwasave’ bishimiye akazi ko kuwushyiramo Kaburimbo

Nk’umwe mu Mijyi yunganira Kigali Umurwa mukuru w’u Rwanda, Umujyi w’Akarere ka Huye ukomeje kujyanishwa n’igihe.…

Rwanda: Urubyiruko rudafite amikoro n’abarengeje Imyaka 65 basabiwe guhabwa VUP

Abadepite basabye Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu gusuzuma niba ibyiciro birimo icy’urubyiruko rw’amikoro make n’abakuze bari hejuru y’imyaka…

Rwanda: Abaturage bagiye kugezwaho ‘Ibyuma bishyushya Amazi’ bikoresheje Imirasire y’Izuba

Sosiyete y’Igihugu ishinzwe Ingufu [REG], igiye kugeza mu baturage Ibyuma bishyushya Amazi hifashishijwe Imirasire y’Izuba. Ni…

Abanyamuryango ba ‘Umwalimu SACCO’ bamurikiwe uburyo bushya bw’Ikoranabuhanga

Binyuze mu nama ya 30 y’inteko rusange ya Koperative ihuza Abarimu izwi nka ‘Umwalimu SACCO’ yateranye…

Rwanda: Imbere y’Inteko Ishinga Amategeko, Dr Ngirente yatanze ikizere cy’izamuka ry’Ubukungu

Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente Edouard, yatangaje ko Guverinoma ifite intego yo kongera ingano y’ibyo u Rwanda…

Umutingito wahitanye 153 ukomeretsa 732 mu bihugu bya Thailand na Myanmar

Agahinda ni kenshi muri Thailand na Myanmar, nyuma y’uko Umutingito wo mu rukerera rwo kuri uyu…

Col (Rtd) Jeannot Ruhunga yasimbujwe ku buyobozi bwa RIB

Col (Rtd) Jeannot K. Ruhunga yakuwe ku buyobozi bwa RIB yari ariho kuva mu 2017, asimburwa…