Minisiteri y’Uburezi yahumurije ababyeyi b’abana bafite ‘autisme’ ko iteganya gushyira muri buri ntara ikigo cy’icyitegererezo kizajya…
Health
Mu Rwanda hafunguwe Uruganda rukora Inshinge zikoreshwa kwa Muganga (Amafoto)
Mu Karere ka Rwamagana hafunguwe uruganda rukora inshinge zikoreshwa kwa muganga (syringes), ruherereye mu Cyanya cy’Inganda…
Rwanda: Abafite Agahinda gakabije bashyiriweho Ubuvuzi bushya
Ku bitaro byitiriwe Umwami Faisal hatangijwe ku mugaragaro uburyo bushya bwo kuvura abafite ibibazo bijyanye n’ubuzima bwo…
Musanze: Bibukijwe kwisuzumisha Indwara z’Amatwi zitararengerana
Inzego z’ubuzima zasabye abaturage kujya bisuzumisha hakiri kare indwara zifata amatwi n’izindi ngingo bifitanye isano kuko…
Rwanda: Ibihumbi 83 byarwaye Malaria mu Kwezi kumwe
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko mu kwezi kwa 4 uyu mwaka hari imiti mishya…
Nyuma yo guhagarika USAID, Amerika yateguje abagenerwabikorwa ba PEPFAR
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Leta zunze ubumwe z’Amerika, Marco Rubio, avuga ko Porogaramu ya PEPFAR itazavaho,…
Argentine yikuye mu bihugu bigize OMS/WHO
Perediza w’Igihugu cya Argentine, Javier Mirei, yatangaje ko yafashe umwanzuro wo gukura iki gihugu mu Ishami…
Rwanda: Abantu 3000 bahitanywe na Kanseri mu Mwaka ushize
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima, RBC, cyatangaje ko umwaka ushize wa 2024 abantu bagera ku 3000 bahitanywe…
Rwanda: 600 bahitanwa na ‘Kanseri y’Inkondo y’Umura’ buri Mwaka
Kuri iki Cyumweru ahazwi nko muri Car Free Zone mu Mujyi wa Kigali, habaye ubukangurambaga bugamije…
Malariya yubuye Umutwe i Rusizi: 632 bayivurije i Gihundwe mu Minsi 90 ishize
Ibitaro bya Gihundwe mu Karere ka Rusizi birasaba abaturage gukaza ingamba zo kwirinda indwara ya Malariya,…