Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda muri Mata 1994, yasize ibikomere mu mitima ya benshi. U Rwanda…
Home – THEUPDATE
Nyamagabe: Ibikorwa bizaranga Iminsi 100 yo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 29
Mu gihe kuri uyu wa Gatanu tariki ya 07 Mata 2023 kugeza ku ya 13 Mata…
Ibyo kwirinda mu Cyumweru cyo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 29
Guhera kuri uyu wa 07 kugeza ku ya 13 Mata 2023, Abanyarwanda n’inshuti batangiye Icyumweru cyo…
Kwibuka29:”Gufata mu Mugongo abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi no kwibuka abishwe ni inshingano ya buri wese” – IBUKA
Umuryango Uharanira inyungu z’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, Ibuka Rwanda, watangaje ko ibikorwa byo kwibuka bifasha mu…
Kwibuka29: Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bunamiye Abatutsi bashyinguye mu Rwibutso rwa Jenoside rwa Gisozi
Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bunamiye Abatutsi bashyinguye mu Rwibutso rwa Jenoside rwa Gisozi, mu muhango…
Rwanda: Abo muri Siporo n’Imyidagaduro batanze ubutumwa mu gihe hibukwa Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 29
Mu gihe u Rwanda rwinjiye mu gihe cyo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi…
Imiryango mpuzamahanga, za Leta, Ibihugu n’Ubwami, byifatanyije n’u Rwanda kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 29
Mu gihe u Rwanda rwatangiye gahunda y’ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi…
Kwibuka29: Munyanziza wakoze Jenoside na Mukagahima wayirokotse batuye mu Nzu imwe nk’Ikimenyetso cy’Ubumwe n’Ubwiyunge
Mu gihe u Rwanda n’Isi batangiye Icyumweru cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 29,…
Kwibuka29: I Nyamagabe basabwe kugendera kure imvugo n’ibikorwa byahungabanya abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi
Umuyobozi w’Akarere ka Nyamagabe, Hildebrand Niyomwungeri yasabye abitabiriye itangizwa ry’icyumweru cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku…
Kwibuka29: Amadini Yibukijwe gutanga umusanzu mu bikorwa by’isanamitima
Rabagirana Ministries umuryango ukora ibikorwa by’Isanamitima, Ubumwe n’Ubwiyunge wasabye Abanyamadini n’Amatorero gutanga ubutumwa buhumuriza abibuka…