Home – THEUPDATE

Rwanda: Abazi amateka bashima imikorere y’Imitwe ya Politike iriho ubu kuko itarangwa n’ivangura

Abasobanukiwe imikorere y’imitwe ya Politiki ndetse n’itegeko nshinga ry’u Rwanda bavuga ko nta mutwe wa politiki…

Rwanda: Polisi yaburiye abakomeje kwishora mu bikorwa by’Ubujura n’ubugizi bwa nabi

Abaturage hirya no hino mu gihugu bavuga ko bahangayikishijwe n’ikibazo cy’ubujura bwakajije umurego, aho ababikora hari…

Kwibuka29: Hibutswe Abatutsi basaga 10,000 biciwe umunsi umwe ku Ihanika-Nyamasheke

Abarokokeye Jenoside yakorewe Abatutsi kuri Paruwasi Gatolika ya Hanika mu Karere ka Nyamasheke baravuga ko nubwo…

Kwibuka29: Tariki ya 11 Mata 1994 Ingabo za ONU/UN ‘MINUAR’ zaterereranye Abatutsi bari bazihungiyeho muri ETO Kicukiro

Ku munsi nk’uyu w’itariki ya 11  Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha…

Kwibuka29: Abakoresha TikTok bibutse abazize Jenoside yakorewe Abatutsi

Itsinda ry’abakoresha urubuga nkoranyambaga rwa TikTok mu Rwanda basuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ku Gisozi bunamira inzirakarengane ziharuhukiye.

Guhera tariki ya 07 Mata 2023, u Rwanda n’isi yose muri rusange batangiye iminsi ijana yo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994 igahitana abarenga miliyoni imwe.

Abantu batandukanye ndetse n’amatsinda babarizwamo bagenda bahura bagakora ibikorwa bigamije gukomeza, guhumuriza no kwegera abari mubihe bitoroshye bitewe n’amateka banyuzemo mugihe cya Genoside.

Ni muri urwo rwego, itsinda ry’abakoresha urubuga nkoranyambaga rwa TikTok mu Rwanda basuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali bunamira inzirakarengane zihashyinguye ndetse bashyiraho indabo z’urwibutso.

Duhugurane: Menya uruhare rw’Umunyamakuru ‘Georges Ruggiu’ wakoreraga RTLM mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi 

Georges Ruggiu wari umunyamakuru wa RTLM ugarukwaho cyane mu mukino witwa “Hate Radio”, wagize uruhare mu…

“Ubukungu bw’u Rwanda buzazamukaho 6.2% mu 2023” – IMF/FMI

Imibare mishya y’Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari (IMF) yagaragaje ko ubukungu bw’u Rwanda buzazamuka ku gipimo cya 6.2%…

Kwibuka29: Abanyarwanda barasabwa gukomeza kugendera kure icyakongera kubatanya

Guhera tariki ya 07 Mata 2023, u Rwanda rwatangiye Icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 29…

Muhanga: Uwiyemereye kwica Dr Muhirwe Charles ‘Karoro’, yarashwe na Polisi

Mu masaha y’Igitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, inzego z’Umutekano (Polisi) zarashe umusore witwa Dusabe Albert…

Kwibuka29: Ibyaranze tariki ya 10 Mata 1994 mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi

Ku munsi nk’uyu w’itariki ya 10 Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha…